Select Page

Forums Food for thought Waruzi ko Inzara zo ku ntoki Inkuru ishobora gukora kubuzima bwawe

#605
Rwanda

    Inkuru ishobora gukora kubuzima bwawe

    Mugihugu cya nigeria umugore yarafite umugabo wumukene cyane wongereho cyane
    umugore yakundaga gusenga Imana umugabo akunda kunywa Inzoga cyane agakunda gukubita umugore umunsi umwe umugore yagiye gusenga agenda asabye umugabo we uburenganzira aramubwira ati ndagaruka nimugoroba umugabo amuha uruhushya umugore aragenda arasenga amasaha umugabo yamuhaye ageze umugore arata ageze murugo asanga umugabo yasinze ndetse arikumwe nikindi kigore nacyo cyasinze umugore akibakubita amaso umutima uramurya araza abagezeho umugabo ahita amukubita umugeri munda umugore yikubita hasi amera nkupfuye umugabo ahita yjyira munzu araryama
    umugore abaturanyi baraje baramufata bamujyana kwa muganga baramuvura umugore basanga umwa ntakibazo yagize umugore amajije gukira yagiye gusenga Imana ituma umintu aramubwira ati imibabaro yawe ndayizi ubucyene bwawe ndabuzi ariko Ijuru ryateranye ryiga kukibazo cyawe bitarenze ikicyumweru urabonako Imana usenga itandukanye nabantu
    umuhanuzi ahita yigendera umugore asigara abitecyerezaho ariko amasaha yogutaha aragera arata ageze murugo umugabo arongera aramukubita nkibisanzwe umugore aratuza bararyama bigeze nijoro umugabo agiye kubona abona iruhanderwe harumugabo ufite inkota aramubwira ati uyumunsi waruwo munsi wanyuma wawe ariko uhawe amahirwe yakabiri urenganyiriza iki umukozi wanjye umuhora iki uzongera kumukubita iyinkota izakurya umugabo agiye kubona abona uwamubwiraga ibyo arabuze umugabo yahise akanguka ahamagara umugorewe afite ubwoba amutecyereza ibyamubayeho umugore aramusengera umugabo ahita arahirira umugore ko atazongera kunywa inzoga atazongera kumukubita umugore ntiyabyemera haje gushira imyaka itatu (3) years atamukubita nibwo
    umugore murusengero rwabo haje umushinga wabanyamerica ufasha abacyene urusengero rutanga uwomugore uwomugore yaje kugira amahirwe bahita bamujyana muri american umugabo numugabowe baje kubaha akazi ko gukora muri company
    umugore akora neza babonye ukuntu akorana ishyaka bamugira umuyobozi wayo ubu ni umukire amajije kubaka ama etage 10 muri nigeria ndetse umugabo babanye neza ntago yongeye no kumutunga urotoki ubu basigaye aribo bafasha abacyene mugihugu cyabo no kwisi hose ntacyo Imana itabakoreye

    none nkubaze akabazo gato wemerako Imana ishobora byose niba wizeyeko natwe nawe Igiye guhindura amateka yawe ikayagira mashya ikagusetsa ugatwenga ntugende utanditse uti

    Amen