Select Page

Forums Real Life kugira ngo ushimishe umugore wawe HARI IMISEMBURO IBONEKA MU MASOHORO Y’ABAGABO IFITE UBUSHOBOZI BWO KURWANYA KANSERI Y’IBERE

#649
Rwanda

    HARI IMISEMBURO IBONEKA MU MASOHORO Y’ABAGABO IFITE UBUSHOBOZI BWO KURWANYA KANSERI Y’IBERE

     

    Ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’ubuzima mu gihugu cy’u Bufaransa, ifatanyije n’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri gikorera mu mujyi wa Lyon, bugaragaza ko abagore bamira amasohoro y’abagabo bafite mahirwe yo kutandura iyi ndwara ya Kanseri yibasira amabere y’abagore ku kigero kingana na 94%.


    ABC News dukesha iyi nkuru ivuga ko ubu bushakashatsi bwakorewe ku bakobwa n’abagore bafite imyaka hagati ya 18 na 40. Abenshi muri bo bakaba barashatse abagabo, mu gihe abandi batararongorwa.

    Abakoreweho ubushakashatsi batarashaka abagabo, hagendewe ku kuba mu miryango ya bo harimo abarwaye Kanseri y’ibere cyangwa iy’inkondo y’umura, mu gihe abakoreweho ubushakashatsi barashatse abagabo bo nta kindi kintu cyagendeweho mu kubatoranya.

    Kimwe cya 2 cya buri tsinda mu bakoreweho ubushakashatsi, basanze baramize amasohoro byibuze inshuro 2 cyangwa 3 mu cyumweru, bakaba barabikoze byibuze mu gihe kingana n’imyaka 2.

    Muri ubu bushakashatsi rero byagaragaye ko mu bagore babashije kumira amasohoro y’abagabo babo, byibuze abangana na 13% ari bo basanganywe ibimenyetso by’indwara ya Kanseri, mu gihe abatarayamize bangana na 73% bari bafite amahirwe yo kurwara Kanseri naho abadafite umuntu wigeze arwara iyi ndwara wo mu uryango wabo haburamo n’umwe ufite ibimenyetso ko ashobora kurwara Kanseri.

    Abashakashatsi baje kubona ko mu matembabuzi aboneka mu masohoro y’umugabo habamo imisemburo yitwa Arginosuccinate chrysotrophin ifite ubushobozi bwo guhangana n’indwara ya Kanseri ifata amabere cyangwa inkondo y’umura ku bagore ku buryo butangaje.

    Umuyobozi w’ubu bushakashatsi Dr Dela croix yagize ati “twavumbuye ko hari imisemburo iboneka mu masohoro y’abagabo ifite ubushobozi bwo kurwanya Kanseri y’ibere y’ifata ibice by’umugore by’imbere mu myanya myibarukiro, iyo rero umugore abashije kumira byivuze amasohoro 2 cyangwa 3 mu cyumweru, aba yiyongerera amahirwe yo kutandura iyi ndwara kuko aba yongera ubushobozi bwo kuyirwanya.”

    Kugeza ubu aba bashakashatsi bavuga ko bari kurebera hamwe uburyo babona umuti urambye ku ndwara ya Kanseri y’ibere ndetse n’inkondo y’umura ikomeje kugariza umubare munini w’abagore n’abakobwa hirya no hino ku isi.