Select Page

Forums Kigali IBINTU UKWIYE KUMENYA MU RUKUNDO UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE NABITEGURA KURUSHINGA

#204386
Rwanda

    UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE NABITEGURA KURUSHINGA

    Amazina yange nitwa Umwiza Nadia
    Ntuye Rwamagana, mu murenge wa karenge
    nashakanye n’umugabo wange dukundana ndetse dufata umwanzuro wo kubana ubuziraherezo.
    Nkuko rero bigenda nyuma y’ubukwe ntakindi Couple ziba zitekereza uretse noneho amatsiko nokwibaza uko bazatangira kujya bahamagarana papa na mama runaka. Nubwo twe atariko byagenze.
    Iminsi yarashize rero nkumva mfite amatsiko yo kuzabona ntwite ukwezi kwambere kurashira. Ndatekereza nti buriya ni mugutaha nako biranga. Natangiye guhangayikika rero nyuma yuko twamaze umwaka dutegereje.
    Umugabo wange yambereye imfura ariko ntababeshye nge natangiye guhangayika nkumva ndigunze nkiherera nkarira.
    Nibwo nabwiye umugabo ko dukeneye kujya kwa muganga. Twagiye mu mavuriro naza Hopital duhura n’abaganga batandukanye. Gusa baza gusanga umugabo wange afite ikibazo kintanga zigenda gake cyane kandi ngo zigapfa vuba.
    Ngewe bambwiraga ko narimfite ibibazo by’imisemburo
    Yatumaga imihango yange igenda nabi rimwe nkagira iminsi ihindagurika. Ndetse nama Infections.
    byaratangiye nkiri n’umukobwa.
    Twahawe imiti turagenda turayinywa twamaze indi myaka 2 twivuza byaranze.
    Naje kwegera umuganga wari inshuti yacu wakoraga kuri Centre de Sante, muganiriza ikibazo cyange aza kundangira umuganga w’inshuti ye ukorera Kigali ukorana na Company y’abanyamalaysia maze umugabo wange anyemerera ko twamusanga tukareba niba haricyo badufasha.

    Twafashe umwanzuro tujya Kigali maze duhura nawe. Baduhaye imiti maze ngira kwizera ndayifata n’umugabo wange bamuha iye
    Twarayikoresheje nyuma nahise mbura imihango mbanza kugirango nikwakundi yatindaga kuza, ariko ntangira kugira ibimenyetso by’umugore utwite. Nagiye kwa muganga barampima bambwirako nasamye. Numvise umutima wange wuzuye ibyishimo.
    Imana rero ntitinza amasezerano twaje kubyara. Ubu umwana wange w’umuhungu agize amezi arindwi. Muminsi ishize wa muganga wange yaradusuye azanye nitsinda bakorana baraduhemba nukuri numva ndishimye. Nange mpita niyemeza kuzatanga ubuhamya bwange wenda hari uwo bwazafasha.
    Wowe usomye ubu buhamya ndagusaba kubusangiza abandi harubwo bafashwa nkuko nafashijwe.