Select Page

Forums Real Life kugira ngo ushimishe umugore wawe buri mugore atandukanye n'undi ndetse buri wese agira ibyo akunda bitandukanye n'iby'undi

#1517
Rwanda

    buri mugore atandukanye n'undi ndetse buri wese agira ibyo akunda bitandukanye n'iby'undi

    Ni ukuri ko buri mugore atandukanye n’undi ndetse buri wese agira ibyo akunda bitandukanye n’iby’undi. Aha akaba ari ho ushobora kuvuga uti ese ibyo uvuga urabikura he? Ni gute wamenya ibyo abagore bose bakunda? Nyamara ibi biroroshye kuko abagore bose bakunda ibi bintu 2 gusa ngiye kugugezaho.

    Abagore bose iyo bava bakagera bakunda ibi bintu 2: Imibonano ikozwe neza cyane ndetse bagakunda umugabo ushobora kubumva, aha sinshaka kuvuga kumva gusa ibyo bavugisha umunwa ahubwo ndashaka kuvuga kumwumva wese.

    Kugirango ubashe gushimisha umugore wawe mu buriri dore ko ari na cyo kintu k’ingenzi cyane umugore aba yiteze ku mugabo we, ugomba kumenya kumva umugore wawe muri ubu buryo no gusoma ibi bikurikira:

    Amaso ye: Amaso burya ni irembo ry’umutima. Amaso y’umugore ashobora kuvuga byinshi kuri iyi ngingo, kukwereka ko akwishimiye, ko akwifuza, ko ashaka ko wamukurikira ako kanya n’ibindi.

    Impumeko ye: Aha abagabo benshi bazi icyo nshaka kuvuga. Ukurikije uko umugore ahumeka ushobora kumenya niba koko yishimiye akabariro, niba ukoze ahamushimisha, niba koko muri kumwe muri icyo gikorwa cyangwa se niba uri wenyine n’ibindi.

    Uko agukoraho: Uko agenda akwiyegereza cyangwa se agushinga utwara mu mugongo ibi byose kugirango akwereke ko amerewe neza ndetse ko aryohewe n’ibyo uri kumukorera.

    Uko ataka: N’ubwo abagore bamwe bitakisha kugirango bashimishe umugabo cyangwa se kugirango umugabo agire vuba abaveho, ugutaka k’umugore waryohewe urimo ubwira umugabo we ati: “Koremereza aho mugabo wanjye, wihagarara aho bimeze neza”… gutandukanye cyane n’ubyigirishwa. Bityo umugabo akaba akwiye kumenya kubitandukanya.

    Igikorwa cyo gutera akabariro muri iyi minsi gisaba ko abakirimo bose bakora kandi bakunganirana gusa ibi ni nako byahoze uretse ko abagabo batakundaga kwita ku kwiga uburyo bushya bwabafasha gushimisha abagore babo dore ko bakekaga ko umugore ari we ugomba kubashimisha gusa. Nyamara muri iki gihe byarahindutse kuko iyo umugabo ananiwe gushimisha umugore we usanga uyu mugore afata iya mbere akajya guhiga undi mugabo wabasha kumushimisha uko abyifuza. Mugabo rero iki ni igihe cyo gutangira kwiga kumva no gusoma ururimi umugore wawe akoresha igihe muri muri iki gikorwa cyo gutera akabariro ibi bizagufasha kumugerera aho yifuza maze bitume mwembi mubana mu munyenga w’urukundo.